Guverinoma y’u Rwanda yakiriye neza isinywa ry’amasezerano ya Doha yo gushyiraho ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye y’amahoro, hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, ryabaye uyu munsi.
Kigali, 15 Ugushyingo 2025
Guverinoma y’u Rwanda yakiriye neza isinywa ry’amasezerano ya Doha yo gushyiraho ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye y’amahoro, hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, ryabaye uyu munsi. Iyi ni intambwe ikomeye mu rugendo rwo gukemura burundu impamvu shingiro z’ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa Kongo, ndetse n’imbogamizi ku mahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
u Rwanda rurashima uruhare rukomeye kandi ruhoraho rwa Leta ya Qatar nk’umuhuza, n’ uruhare rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe.
Umusozo
Topics
Pretoria, 17 June 2026 – Rwanda's Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Olivier J.P. Nduhungirehe, paid a visit to the Republic…
Kigali, 5 June 2026
The Government of Rwanda has taken note of the remarks made by U.S. Secretary of State Marco Rubio during the House Foreign…
Seoul, 01 June 2026 - Minister Olivier J.P. Nduhungirehe attended the 2026 Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting, under the theme "Korea-Africa…
Kigali, 29 May 2026 - Minister Olivier J.P. Nduhungirehe briefed members of the diplomatic corps in Rwanda on the country's diplomatic developments…
It is a great honour for me to address you today at the Global Growth Conference 2026.
Allow me, first, to express Rwanda’s sincere appreciation to…