U RWANDA RWAMAGANYE IBIREGO BY’INAMA YA SADC KU NGABO Z’U RWANDA (RDF)

Kigali, ku wa 2 Gashyantare 2025 - U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda (Rwanda Defense Force) nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yateranye tariki ya 31 Mutarama 2025. RDF irinda imbibi z’u Rwanda kugira ngo hatagira icyahungabanya abaturage, ntihohotera abaturage.

SADC yohereje umutwe w’ingabo, SAMIDRC, wafashije ingabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) kurwanya abaturage bayo, M23 n’abandi baturage ba Kongo, abenshi muri bo ubu bahungiye mu Rwanda no mu bindi bihugu byo mu karere. Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ntiratezuka ku mugambi wayo wo gutera u Rwanda no gukuraho Guverinoma iriho, nk’uko Perezida Tshisekedi adahwema kubisubiramo mu mbwirwaruhame ze zitandukanye.

Birashimangira ko SAMIDRC n’abandi bafatanyije barimo Ingabo z’u Burundi, FDLR n’abacanshuro b’abanyaburayi ari bo pfundo ry’iki kibazo mu gihe kuba muri RDC kwabo ari ikibazo kiyongera mu bindi byinshi bihasanzwe. 

Igitekerezo kivuga ko ingabo za SADC zaje ku busabe bwa Leta ya Kongo mu rwego rwo kugarura amahoro muri icyo gihugu, nta shingiro gifite, kuko izo ngabo zirwanya abenegihugu, zikanashora intambara ku Rwanda.

Amakuru ku byagaragaye i Goma, n’ibimenyetso byerekana uko ibitero byateguwe, birashimangira ko byateguriwe hamwe n’ingabo z’amahanga zirwanira mu Burasirazuba bwa Kongo, harimo na FDLR, agaragaza ko intego y’urugamba itagarukiraga ku kurwanya M23 gusa, ahubwo harimo no gutera u Rwanda.

U Rwanda rwakomeje guharanira ko ibyo bibazo by'intambara byakemurwa mu nzira y’ibiganiro. U Rwanda kandi rwakiranye yombi igitekerezo cy'uko habaho inama ihuriweho y’Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba na SADC.

Umusozo

Topics


  News

High-Level Segment | 61th Human Rights Council

I wish to begin by commending the Human Rights Council for its work and the importance of this High-Level Segment, which allows member states to…
Read more →
  News

MINISTER NDUHUNGIREHE RECEIVES U.S. CONGRESSIONAL STAFF

Kigali, 26 January 2026 – Minister Olivier J.P. Nduhungirehe, received the 7th cohort of U.S. Congressional staff visiting Rwanda from 24–29 January…
Read more →
  News

Minister Nduhungirehe receives President of the Council of the Togolese Republic

Kigali, 29 January 2026 – Minister Olivier J.P. Nduhungirehe received H.E. Faure Essozimna Gnassingbé, President of the Council of the Togolese…
Read more →
  News

Rwanda observes International Holocaust Remembrance Day

Minister Olivier J. P. Nduhungirehe joined the Embassy of the State of Israel in Rwanda and the Embassy of Germany in Rwanda to observe the…
Read more →
  News

Minister Nduhungirehe leads Rwandan delegation at World Economic Forum

Davos, 19–23 January 2026 - Minister Olivier Nduhungirehe led Rwanda’s delegation to the World Economic Forum in Davos, Switzerland, alongside…
Read more →
  News

Rwanda and Togo deepen cooperation through a visa waiver agreement

Lomé, 16 January 2026 - Minister Olivier Nduhungirehe attended a high-level meeting on strengthening coherence and consolidating the African-led peace…
Read more →
  News

Minister Nduhungirehe leads high-level delegation to Oman

Muscat, 11 January 2026 - Minister Olivier Nduhungirehe led a delegation of senior government officials to Muscat for an official visit to the…
Read more →

DÉCLARATION SUR LA SOMALIE

Le Rwanda s’aligne pleinement sur les déclarations publiées par l’Union africaine et la Communauté d’Afrique de l’Est en soutien à la Somalie, et…
Read more →

STATEMENT ON SOMALIA

Rwanda fully aligns with the statements issued by the African Union and the East African Community in support of Somalia, and encourages the pursuit…
Read more →
-->